in

Umunyarwenya Clapton Kibonke wihebeye Manchester united nyuma yo kubona ko yenda kumurwaza umutima, yahisemo kwiyegurira ikipe iri gushimisha abakunzi bayo y’i Kigali

Umunyarwenya Clapton Kibonke wihebeye Manchester united nyuma yo kubona ko yenda kumurwaza umutima, yahisemo kwiyegurira ikipe iri gushimisha abakunzi bayo y’i Kigali.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Clapton Kibonke yatangaje ko yihebeye ikipe ya Rayon Sports iri kwitwara neza muri iyi minsi doreko iherutse no gutsinda Police FC ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane.

Ni mu gihe Manchester united yo bitameze neza kuko ubu yamaze gusezererwa muri Uefa Champions League itageze mu 1/8.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azajya arwanira umwanya na Ojera! Undi rutahizamu ukomoka muri Congo yamaze kugera i Kigali aho aje kumvikana na Rayon Sports

“Ntabwo ari ubwa mbere amutangiye ikirego kuko mu 2022 yamureze muri RIB” Ibintu 5 bishya byavugiwe mu rukiko ubwo umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yaburanaga hamenyekanye n’uwamureze kuri RIB – AMAFOTO