in

Umunyamakurukazi wa RBA yongeye kwibutsa umugabo we agaciro gakomeye amufitiye (AMAFOTO)

Umunyamakurukazi Rigoga Ruth yongeye kwibutsa umugabo we ko azirikana cyane agaciro gakomeye amufitiye mu buzima,ndetse amubwira ko mu buzima ahora ari umugabo uhamye.

Ni amagambo uyu munyamakuru yabwiye umufasha we yifashishije urukuta rwe rwa Instagram aho yashyizeho amafoto yabo bombi barebana akana ko mu jisho arangije yongeraho amagambo agira ati “Kuva ku munsi amaso yacu yahuye nti wigeze utuma umutima wanjye ubabara.Kuva ku munsi navuze ngo yego nagusezeranije kugukunda buri munsi kandi koko ni ubuziraherezo.

Ndagukunda KF uri umugabo uhamye 🥰😘”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA wari ukunzwe mu rubuga rw’imikino yagizwe umuyobozi w’ikipe

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yurijwe pandagari nyuma yo gufatwa ari gufata amashusho (Videwo)