in

Umunyamakurukazi wa RBA yambitswe impeta n’umukunzi we(amafoto)

Umunyamakurukazi Christelle Kabagire wamamaye mu biganiro by’imyidagaduro kuri televiziyo y’igihugu yambitswe impeta n’umukunzi we bitegura kuzarushingana.

Kuri uyu wa mbere tariki 6 Kamena 2022, nibwo Christelle Kabagire yashyize hanze amafoto agaragaza uko byari bimeze ubwo yambikwaga impeta n’umukunzi we.

Byari nko korosora uwabyukaga kuko Christelle yivugira ko ari ye YEGO yavuze byoroshye mu buzima bwe. Ati “ Yego navuze byoroshye mu buzima bwanjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: i Kigali imodoka ifashwe n’inkongi y’umuriro(Amafoto)

Messi yakoze amateka aca uduhigo tuburi mu mukino umwe.