in

Umunyamakurukazi Uwimana Clarisse yashavuje benshi ubwo yavugaga ibigwi bya Nyiri La Galette witabye Imana

Umunyamakurukazi Uwimana Clarisse yashavuje benshi ubwo yavugaga ibigwa bya Nyiri La Galette witabye Imana.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo inkuru y’inshamugongo yamenyekanye ko Mike nyiri La Galette wari umukunzi wa APR FC ko yitabye Imana.

Nyuma yo kumva iyo nkuru, umunyamakuru wa BB Fm Umwezi, Uwimana Clarisse yashenguwe n’urwo rupfu rwa Mike.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Clarisse yagize ati: “Biragoye kubyumvaaa 💔💔💔Umugabo wacishaga bugufite, wumvaga umugannye wese. Yashyigikiye abanyamakuru benshi babaga beherekeje amakipe nanjye ndimo. Mike la Galette yitabye Imana…umukunzi w’ikipe y’APR FC.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impanuka y’imodoka yabaye mu gitondo, yahitanye abantu bagera kuri 32 abandi barenga 60 barakomereka

“Ubwose uvuze ngo abagabo n’imbwa ugasanga na So yari yo” Umukobwa witwa Tasha yabwije ukuri abavuga ko abagabo ari imbwa yibutsa na Mutesi Jolly ko buri mukobwa afite umunwa wo kwivugira