in

Umunyamakuru w’imikino ukunzwe hano mu Rwanda yavuze ko APR FC nta mutoza ifite

Umunyamakuru w’imikino Kazungu Claver ukoro ikiganiro Urucyiko rw’imikino kuri radiyoTV10 yatangaje ko APR FC nta mutoza ifite ibi ubyumvise wagira ngo umutoza Adil Muhammad yirukanywe? Si uko biri Adil aracyari gutoza APR FC.

Ibi Kazungu yabivuze kubera impamvu zigiye zitandukanye, Icya mbere ngo ni uko umusaruro wa Adil Muhammad kuri APR mu marushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ntocyo arabagezaho ikindi kandi ngo ubu nta masezerano afitanye na APR FC kuko abayobozi ba APR FC banze kumwongerera amasezerano atarabona risanse A yemerewe n’ishyirahamwe rw’umupira w’amaguru muri Africa.

Kazungu Clever avuga ibi kubera ko APR FC ishaka yahita imwirukana. Adil ahebwa miliyoni 24 z’amanyarwanda Kazungu avugako APR FC ayo mafaranga yashakamo umutoza ishaka ukomeye umenyereye imikino y’amakipe yabaye ayambere iwayo akayigeza kure byibura akayigeza mu matsinda APR FC yirirwa irota kujyamo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Augustin
Augustin
1 year ago

Ariko ubanza harikindikibazo bafitanye Adil amaze imyaka 3 muri Apr abamubanjirije kobatayijyanye murayomansinda kuva 1995 kugeza 2019 Adil niwewayitozaga Muragirangwamatsinda ayagezwemo nabakinnyi ba Marine,Intare na Hiros bamuhamahoro

Kubiro 100kg apima ntabona umwanya wo gukina muri club ye ariko umutoza w’ikipe y’igihugu amufata nk’umucunguzi.

Impinduka nyinshi mu bakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga kuruhande rw’Amavubi