in

Umunyamakuru w’imikino Faustinho wari umushyushyarugamba ku mukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi, yashimiye abafana ndetse avuga ibikwiye gukosorwa muri Murera – AMAFOTO

Umunyamakuru w’imikino Faustinho Simbigarukaho wari umushyushyarugamba ku mukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi, yashimiye abafana ndetse avuga ibikwiye gukosorwa muri Murera.

Wari umukino wo kwishyura mu ijonjora rya Kabiri muri CAF Comfederation Cup aho Al Hilal Benghazi yasezereye Gikundiro kuri Penariti 4-2.

Yatangiye agira ati “Umupira ni akantu kakabwa cyane. Abafana nkaba bari bakwiye ibyishimo rwose ariko umupira ntiwabyemeye, hafatwe ibyemezo mubatoza n’abakinnyi.”

Yakomeje agira ati “Habaye amakosa agomba gukosorwa uhereye none mukwitegura umwaka utaha , ubuyobozi bwa Rayon Sports nemera imikorere yabwo hari aheza buganisha ikipe Kudos Jean Fidele na Team.”

Yasoje agira ati “Gusa iyi kipe ifite abafana beza, igisobanuro nyacyo cy’abafana nabaRayon. Hari indirimbo ivuga ngo ‘Mu bubi no mu byiza, burya ni ubukombe’ ngo habanza Ibibi.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yagiye adasezeye kubera ubukene buri mu ikipe! Umutoza watozaga ya kipe y’i Nyarugenge yatashye iwabo kubera ubukene

Ubwiza burivugira! Ikibuga cy’indege cya Kanombe cyiri mu bibuga bitatu bya mbere byiza kandi bifite isuku muri Afurika