in

Umunyamakuru wa televiziyo ikunzwe mu Rwanda arasezeye

Umunyamakuru Leandre Niyomugabo wari uzwi kuri Televiziyo ya TV 10 mu biganiro by‘ imyidagaduro yasezeye nyuma y’imyaka ine akorana n’iki kigo.

Uyu munyamakuru abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yashimiye abantu bose bagize uruhare mu mwuga we ndetse n’iki kigo cyatumye yubaka izina mu biganiro 10 Tonight na The Link Up.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melody yeretse igihandure Meddy na The Ben bari baragafashe imyaka myinshi

Inkuru nziza ku bakunzi b’umunyamakuru Yago