in

Umunyamakuru wa RBA n’umutware we bari mu byishimo byinshi

Umunyamakuru Nadia Umutoni n’umutware we, Malik Shaffy bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka imfura yabo.

Amakuru agera kuri YegoB avuga ko Nadia na Malik bibarutse imfura yabo muri iki gitondo cyo kuwa 27 Gicurasi 2022. Ni nyuma y’amezi 9 aba bombi basezeranye kubana akaramata.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakipe icumi (10) akize ku isi, Real Madrid ku isonga.

Ibyo iki gisiga cyakoreye aba basore ntabwo bazigera babyibagirwa (video)