in

Ibyo iki gisiga cyakoreye aba basore ntabwo bazigera babyibagirwa (video)

Ku munsi w’ejo ubwo abanyarwenya Sam na Seth bagize itsinda rya Zuby comedy bari mu kiganiro bagiriye kuri imwe muri televiziyo ikorera kuri Youtube baje gutungurwa ubwo igisiga cyazaga kibatunguye maze kigatwara ikiryo Sam yari afite mu ntoki maze bituma na Seth bari bicaranye agira ubwoba nawe ibyo yararimo kurya arabisiga bombi bahita bahaguruka.

Muri make ari Sam ndetse na Seth ntanumwe wamenye aho iki gisiga cyaturutse ndetse n’abari aho bose barumiwe bifata ku munwa.

Dore uko byagenze mu mashusho:

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA n’umutware we bari mu byishimo byinshi

Inzoga Newbrew ikorwa mu nkari ikomeje guca ibintu muri Singapore.