in ,

Umunyamakuru wa KT radio yanenze RTV kuba yazanye inzoga muri Studio

Nyuma yuko kuri Televiziyo y’igihugu hatangiye ikiganiro gishya cyitwa “The Bar Talk” kigamije gusesengura Championa y’umupira w’amaguru mu Rwanda, bamwe ntango bishimiye uburyo muriki kiganiro bazanyemo ikinyobwa cya Primus ndetse abagikora bakagikora bari kwisomeraho ntankomyi.

Umwe mubatanze igitekerezo cye kuribi, ni umunyamakuru ukorera ikindi gitangazamakuru kigenga cya Kigali Today, abinyujije kurubuga rwa twitter yavuzeko kubera imbaraga z’amafaranga, Televiziyo yahindutse akabari. yagize ati Iyi Bar Talk inyibukije imbaraga z’ifaranga kabisa. Nyuma y’uko cash ziguze umwana w’Imana, na TVR yacu zayihinduye akabari. Abafite cash mwese mugire umugoroba mwiza.”

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingaruka mbi zigutegereje niba uhora ucungacunga muri telefoni y’umukunzi wawe.

IFOTO Y’UMUNSI: Umugabo wa Miss Grace Bahati ateruye umuhungu we