in

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO

Umunyamakuru wa B&B FM Umwezi Uwimana Clarisse niwe munyamakuru umwe rukumbi mu Rwanda ugiye kwitabira CAN 2021 1

Umunyamakuru wa B&B FM Clarisse yamaze kwerekeza mu gihugu cya Cameroon ahagiye kubera African Cup of Nations 2021 (CAN 2021).

Muri post yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter, Clamama nkuko bakunze kumwita, yatangaje ko iyi ari CAN ye ya gatatu agiye kwitabira nyuma y’icyabereye muri Egypt 2019 ndetse nicya 2017 cyabereye muri Gabon.

Mu mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter kandi yagaragaye mu mwambaro w’ikipe ya Liverpool mushya w’iyi season bakoresha mu rugo (home kit) aho wari ufite numero 8 mu mugongo yanditseho Keita mu busanzwe. Benshi bahise bahuza nuko uwo mukinnyi Naby Keita ari mu Rwanda aho ikipe ya Guinea yari imaze iminsi ikorera umwiherero mbere yo kwerekezaz mu gihugu cya Cameroon.

Muri comments kandi bamwe ntibatinze gutebya babaza niba hari OperationLimbe part 2 aho biyibutsaga byinshi byabereye mu CHAN Amavubi aherukamo.

Amafoto:

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa witabiriye Miss Rwanda yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga (Amafoto)

Inkuru ishimishije : Umubyeyi w’umukinnyi wa Super Eagles(Nigeria) yamusengeye mbere yo kwerekeza muri CAN