in

Umunyamakuru ukunzwe na benshi ku Isibo Tv yasabiwe kujyanwa aho umwana arira nyina ntiyumve

Kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Kamena 2024 nibwo umunyamakuru kuri tereviziyo Isibo Tv uzwi nka Babu yaburanishijwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Babu yatawe muri yombi n’urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB  akurikiranyweho gukubitira ndetse no gukomeretsa mugenzi we kuri Crystal Lounge, imwe mu nzu z’imyidagaduro zigezweho.

Ubushinzacyaha bwamusabiye gufungwa umwaka umwe ndetse agatanga n’ihazahabu y’ibihumbi 300 by’amafaranga y’u Rwanda.

Urubanza rukaba ruzasomwa tariki 21 Kamena 2024.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama Mukura kubwo gukunda ruhago yahawe akazi gakomeye mu irushanwa ry’igikombe cy’Isi cy’Abavetera

Ibyago bitera bidateguje! Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yacitse feri n’uko yongera kuzifatira muri saro y’inzu y’umu Pasiteri abibonye yifata ku kananwa -Amafoto