in

Umunyamakuru ukunzwe cyane mu mikino i Kigali ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi

Umunyamakuru ubirambyemo ndetse akaba n’Umushyushyarugamba ku mikino ya ruhago, Gakuba Felix Abdul Jabar ‘Romalio’ yageze i Dar-es-Salaam muri Tanzania ku butumire bwa Visi Perezida wa Yanga SC, Alafat Hadji aho azaba Umushyushyarugamba ku mukino wo kwishyura Al-Merrikh izakirwamo na Yanga SC tariki 30 Nzeri 2023 kuri Azam Complex Stadium.

Nyuma yo kuyobora neza umukino ubanza Yanga SC yatsinzemo Al-Merrikh ibitego 2-0 kuri Kigali Pelé Stadium tariki 16 Nzeri 2023, ‘Romalio’ ni bwo yabengutswe anahabwa ubutumire nyuma yo kwitwara neza cyane ko asanzwe avuga indimi nyinshi zirimo Ikinyarwanda, Icyongereza, Igiswahili n’Igifaransa.

Romalio azamara i Dar es Salaam iminsi itanu guhera tariki 27 Nzeri kugera ku wa 2 Ukwakira 2023.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akibona akazi, Ben Musa wahoze muri APR FC yahise asinyisha umukinnyi wamwitwayeho neza ubwo bakoranaga muri APR FC

“Fata umugore wawe mujye guterera akabariro muri Lodge urebe ko atakuryohera kurusha indaya uhora wirukaho” Umugore witwa Jennifer yagiriye inama abagabo bumva batakinyurwa n’abagore babo mu cy’amabanga y’abashakanye bigatuma ashukurira indaya