in

Umunyamakuru ukomeye wa RBA yatunguwe mu buryo budasanzwe n’umuryango we (Amafoto)

Umunyamakuru ukunzwe mu mikino kuri Televiziyo Rwanda mu kogeza imipira no kuyisesengura, Kayishema Titi Thierry yatunguwe n’umuryango we ku Isabukuru ye y’amavuko.

Ni ku Isabukuru ye y’amavuko y’imyaka 30 yujuje akiri ku isi aho umugore we n’abana be babiri bamutunguye bakamukorera ibiro by’isabukuru y’amavuko.

Abinyunjije ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, Kayishema Titi Thierry yashimiye umugore we n’abana babiri bamukoreye ibirori by’ Isabukuru y’amavuko.

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Rutini
Rutini
1 year ago

Narinziko ari agasiribateri pe

Ikipe yo muri Saudi Arabia ifite akavagari k’amafaranga yamaze gutegura miliyoni 150 zo kugura umukinnyi ngenderwaho mu ikipe y’Igihugu Amavubi

#QatarWorlCup2022: Ifoto y’abakinnyi bakanyujijeho muri Afurika ikomeje gukora abatari bake ku mutima