in

Umunyamakuru Tijara Kabendera ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we

Umunyamakuru Tijara Kabendera ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we.

Ibi Tijara yabitangaje abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga, aho yagize ati:”Mbabajwe no kubamenyesha urupfu rwa Mama wange witabye Imana!”

Uyu mubyeyi witabye Imana mu rukerere, kumusezera ni saa munani mu rugo kwa Tijara mu Nyakabanda, naho gushyingura ni saa kumi mu irimbi rya Nyamirambo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mutsinzi Ange Jimmy wari wagize amahirwe yo gukina imikino ya UEFA Europe League, yatahiye imikino ibiri gusa

APR FC yamenye ikipe bizacakirana ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup 2024