in

Umunyamakuru Samir yatangaje indirimbo 10 akunda ndetse avuga abakinnyi 5 b’ibihe byose kuri we bakinnye mu makipe ya Rayon Sports ndetse n’abakiniye APR FC mubo yabonye bakina

Umiziki n’imikino akenshi ni ibintu binjyana rimwe na rimwe aba bikunda baba bafite ubwoko bw’imiziki bakunda kumva cyangwa gucuranga ndetse n’imikino bakunda gukina cyangwa kureba .

Mu rwego rwo kwegera abanyamakuru mukunda ngo tumenye  ibyo bakunda ndetse ni byashimishije haba mu bahanzi ndetse n’abakinnyi batazibagirana mu mitwe yabo twegereye umwe mu banyamakuru beza kandi bakiri bato bakurikirana imikino byahafi ndetse n’umuziki witwa Samir Sylvestre Nsanzimana wa Radio B&B Kigali, tumubaza ibibazo 3 birimo nibyo akunda gufungura kumeza.

Mu mafunguro Samir akunda gufata yatubwiye ko ari Ibirayi n’inyama z’umweru(amafi n’inkoko)”

Mu ndirimbo afata nk’izibihe byose higanjemo izo mubihe byashize ago usangamo abahanzi nka Miss Jojo,Urban boys, Dream boys, Mani Martin na Bull Dogg.

10. Magorwa – Dream Boys

9. Ineza – Pacson, Mani Martin FT Diplomat
8. Ishyamba – Urban Boys

7. Parlez-Neg G

6. Impfubyi – Bulldogg FT The Ben

5. Inshuti – Miss jojo

4. Turerere u Rwanda – Fireman ft Gisa

3. Byakubera byiza by Gabiro guitar

2. Ubuto bwanjye By Fire man FT Gloria

1.Icyizere by Jay polly ft Miss jojo

Samir asanga abakinnyi b’ibihe byose ba Rayon Sports kuri we mubo yabonye bakina hataburamo Manishimwe Djabel

• Witakenge Jeannot

• Busa Kombe Billy

• Uwimana Abdul

• Cedric Amiss

• Manishimwe Djabel

Samir asanga Abakinnyi 5 b’ibihe byose ba APR FC mubo yabonye bakina ari

• Karekezi Olivier

• Jimmy Gatete

• Didier Bizimana

• Tabula Aboubakar

• Mafisango Patrick

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yahamijwe bimwe mu byaha yari akurikiranyweho, ahita akatirwa igifungo cy’imyaka itari micye

Inoti za 5000FRW gusa! Prophet Joshua ukunze kugaragara atanga amafaranga mu bitaramo bitandukanye, yongeye kuvugisha abantu kubera amafaranga yari ari kunyanyagiza munzu ye – VIDEWO