in

Umunyamakuru, Ingabire Egidie Bibio wa RBA yumvise uburyo Kazungu yireguye ku byaha by’ubwicanyi yakoze maze biramurenga (Videwo)

Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, iyicarubuzo, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, guhisha umurambo w’undi muntu, gukoresha ibikangisho n’itwarwa n’ifungiranwa ry’umuntu yanjyanwe imbere y’urukiko.

Gusoma ku mwanzuro w’ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo biganijwe ku tariki 26 Nzeri uyu mwaka saa Cyenda z’amanywa.

Kazungu yemereye Urukiko ibyaha byo kwica abantu 14 biganjemo abakobwa, avuga ko yabitewe no kuba bamwe mu bakobwa baryamaganaga baramwanduje SIDA, asaba kUburanira mu muhezo, kugira ngo ibyo ashinjwa bitayobya Sosiyete Nyarwanda.

Uyu mugabo kubera ukuntu ashinjwe ibyaha bikakaye, yari arinzwe bikomeye cyane n’abashinzwe umutekano. ➡️ Kanda hano urebe amashusho y’uburyo Kazungu yari arinzwe

Nyuma yo kumva uko Kazungu yireguye, umunyamakuru Ingabire Egidie Bibio wa RBA yahise atangaza ko atabyiyumvisha neza.

Ingabire Egidie Bibio yagize ati “Kazungu Mana we! Sinzi n’ukuntu numva n’iyi statement ye pe!
Basi se niba hari n’abamuvugishije, byibuze yaba hari icyo yicuza?”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Kazu, uyu muvumo ntabwo uzawukira” Umubyeyi wa Eric wishwe na Kazungu Denis akomeje gukora ku mitima ya benshi bitewe n’ibyo yasabiye Kazungu

RBA yaciwe amafaranga kugira ngo igure shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yari isanzwe yerekanira ubuntu, ikiyumva maze imibare ihita izamo ibihekane