in

Umunyamakuru Cyuzuzo J d’Arc uherutse kwibaruka nyuma y’amezi atandatu ashyingiwe, yagize icyo avuga mu bihe yari ari gucamo (AMAFOTO)

Umunyamakuru Cyuzuzo J d’Arc uherutse kwibaruka nyuma y’amezi atandatu ashyingiwe, yagize icyo avuga mu bihe yari ari gucamo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Cyuzuzo yashimiye Imana aho yavuze ko yahoze ayisaba ngo imuhe igikomangomakazi none yaracyimuhaye.

Si ibyo gusa aho yanashimiye umugabo we wamubaye hafi none baka bombi barahindutse ababyeyi.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo ari umwana” Mu burakari bwinshi cyane Zari Boss Lady yiyamye abantu birirwa bavuga ko yafatiranye umwana w’umusore bari mu rukundo akamukoresha mu kwimara irari

Bakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza bahita banabatizwa! Byari ibyishimo Iwawa ubwo abagororerwayo babatizwaga abandi bakagarukira Imana (AMAFOTO)