in

Umunyamakuru Aissa Cyiza yanenze ibitekerezo bya Jolie ushaka ko birukana abagabo muri Miss Rwanda igahabwa abagore gusa

Umunyamakuru Aissa Cyiza yanenze ibitekerezo bya Jolie ushaka ko birukana abagabo muri Miss Rwanda igahabwa abagore gusa.

Jolie Murenzi yavuze ko irushanwa rya Miss Rwanda rimaze igihe ritaba bariha abagore kugira ngo abakobwa barindwe guhohoterwa.

Ni ibintu bitakiriwe neza n’umunyamakuru Aissa Cyiza aho yagize ati: “Ntekereza ko iki ataricyo gisubizo gusa ariko kuko yaba umugore cg umugabo uhohotera yabikora, iyo urebye benshi mu bacuruza abana b’abakobwa hirya no hino benshi ni abagore. Guhohotera abana ubarusha ubwenge wese arabikora. Irushanwa rihabwe ababishoboye 🙌🏽 uzabarinda ihohoterwa. ”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Polisi y’u Rwanda yasubije abashaka ko ikizamini cya démarrage gikurwaho burundu mu bizamini bikorwa mu Rwanda

Update: Ferwafa yemeje umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi n’abungiriza be