in

“Umuntu yatsindisha amagini gute?” Perezida mushya wa FERWAFA ntabwo ariyumvisha ukuntu umupira aje kuyobora hari abandi bawuyoboza imbaraga z’imyuka mibi

Perezida mushya wa FERWAFA ntabwo ariyumvisha ukuntu umupira aje kuyobora hari abandi bawuyoboza imbaraga z’imyuka mibi.

Munyantwali Alphonse watorewe kuyobora FERWAFA mu gihe cy’imyaka ibiri, ntiyumva ukuntu batsinda bakoresheje amagini.

Mu kiganiro na BB Fm, yagize ati: ” Hari ibintu ntajya numva, umuntu yatsindisha amagini gute? Mudufashe mu bufashamyumvire ibikorwa by’uburozi bicike kuko ntacyo bimara.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Njye ntanubwo mbatinya” Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore yahaye ikizere abanyarwanda cyo gusezerera Uganda – VIDEWO

Bidasubirwaho ikipe ya APR FC yamaze kubona umutoza mushya uhabanye cyane n’uwo abantu bari biteze