in

Umuntu utazwi akomeje kwiyitirira Buravan agasaba amafaranga y’imbuto

Nyuma y’uko hagiye hanze amakuru ko umuhanzi Burabyo yafashwe n’uburwayi butaramenyekana bwatumye yerekeza hanze y’u Rwanda.

Kuri uyu munsi hagiye hanze ubutumwa bw’umuntu ukomeje kubeshya abafana ba Buravan ko ariwe ndetse arembye agasaba amafaranga benshi mu bafana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lily wari wambaye hafi ubusa mu gitaramo yavuze akayabo yaguze uriya mwenda ubonerana yari yambaye

Rubavu: Impanuka ikomeye yatewe n’ikamyo yagonze coaster itwaye abagenzi