in ,

Umunsi we wo guhembwa ugeze, yakorewe ibitangaza kuri etaje ya 6

Nkuko biba bikubiye mu masezerano hagati y’umukozi n’ukukoresha, ni uko umukozi aba agomba gukora cyane kandi agakora ibyo yabwiwe neza hanyuma umukoresha akazishyura umukozi neza igihe kigeze.

Umukobwa wo muri Nigeria yavuye iwabo ajya gukora i Dubai aho yakoraga nk’umukozi wo murugo hanyuma igihe cyo guhembesha kigeze, nyirabuja amutwara kuri etaje ya 6 aramusunika amutura hasi avuga ko ari indaya.

Inkuru y’uwo mukobwa irangira gutyo yari yaragiye gushaka amafaranga birangira ahaburiye n’ubuzima bwe, kandi hari indi nkuru imeze nk’iyi yabereye muri Liberia ku mukobwa witwa Deborah nawe wajugunywe hasi ku nyubako ya Benghazi kubera guhembesha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikorwa Yolo The Queen yakoze gishobora kuzamujyana mu Ijuru adapfuye

Pasiteri yambitse ababyeyi ubusa imbere y’abana babo