in

Pasiteri yambitse ababyeyi ubusa imbere y’abana babo

Pasiteri yakoze amabara yambika ababyeyi ubusa imbere y’abana babo nabo bari bambaye ubusa ababwira ko Yesu agiye kuza kandi ntawuzajyana iyi myenda twambara kandi ngo bamwizere.

Kubera ko uwo muryango wari watumiye pasiteri bamwizeyeho imbaraga zo kuvura, ndetse no guhanura, bahise babyemera gusa ariko bagononwa birangira babikoze uwazaga yasangaga abantu bose bambaye ubusa.

Abantu bakimara kubyumva baguye mu kantu barumirwa kubera ibyo abapasiteri barimo bakora muri iyi minsi kugira ngo bigarurire imitima y’abakirisitu ndetse bamwe bashaka kubizanamo agatwiko.

Na south Africa pasiteri aherutse kubeshya abantu bari bashonje ko aho bari bari hari diyama barahinga bagwa buguni.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi we wo guhembwa ugeze, yakorewe ibitangaza kuri etaje ya 6

Yasubiye muri koma kubera ibyo umukunzi we yamukoreye akimara gukira