in

Umumotari wari usanzwe apfubura umugore wa Pasiteri yafatiwe mu cyuho ari ku mupfubura ageze aharyoshye gusa ibyamubayeho byatumye umuryango we uhita ujya kugura isanduku

Umumotari wari usanzwe apfubura umugore wa Pasiteri yafatiwe mu cyuho ari ku mupfubura ageze aharyoshye gusa ibyamubayeho byatumye umuryango we uhita ujya kugura isanduku.

Umugabo witwa Wilson Otieno, wo muri Kenya uri mu kigero ki myaka 38 wari Umumotari, yishwe n’abaturage nyuma yo gufatirwa mu rugo rwa Pasiteri yagiye gusambanya Umugore we.

Amakuru ikinyamakuru Rubanda gikesha Daily Nation, avuga ko uyu nyakwigendera Wilson Otieno yari asanzwe afitanye ubushuti n’umugore wa Pasiteri ku buryo yahoraga muri urwo rugo mu gihe Pasiteri yabaga yagiye mu murimo w’Imana.

Iki kinyamakuru Daily Nation gikomeza kivuga ko uyu nyakwigendera yaje guhengera Pasiteri adahari hanyuma nkuko asanzwe abigenza ahita asanga wa mugore, Pasiteri yahise amenya amakuru yuko Motari yatashye urugo rwe kuko n’ubundi bajyaga babimubwira ko uwo Mumotari asambanya umugore we, hanyuma ahageze niko guhamagara abaturanyi barahurura batangira gukubita uwo mu motari kugeza ashyizemo umwuka.

Nyuma yo kubona uwo mu motari yitabye Imana, Pasiteri n’umugore bahise bacika, ubu inzego z’umutekano zikaba atangiye guhiga Pasiteri n’umugore we ndetse n’abantu bose bagize uruhare mu rupfu rw’uwo mu Motari.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Televiziyo mpuzamahanga igiye kwerekana shampiyona y’u Rwanda nyuma y’igihe kinini abanyarwanda bakumbuye ishusho ryiza 

Uyu mwaka nta mikino ifite: Ikipe ya Arsenal yagaragaje imyambaro mishya igiye kujya yambara (Amafoto)