in

Umukozi wo mu rugo yihimuye kuri nyirabuja watinze kumuhemba akorera ibya mfura mbi umwana we.

Umukozi wo mu rugo yihimuye kuri nyirabuja wari watinze kumuhemba maze yica umwana we w’amezi atandatu.

Abatuye Shabalala muri Hazyview mu karere ka Mpumalanga bumvise inkuru mbi y’umukozi wo mu rugo wishe umwana w’umukobwa w’amezi 6, nyuma yo kunanirwa kwihangana gutegereza umushahara we aho Nyirabuja yari arengejeho gusa iminsi 5 ataramwishyura.

Amakuru atandukanye harimo n’aya Mzansindaba, avuga ko uyu mukozi wo mu rugo yagombaga gufata umushahara we ku ya 25 Ugushyingo 2021. Ubwo yishyuzaga Nyirabuja usanzwe ari umuganga, yasubijwe ko azishyurwa mu ntangiriro z’Ukuboza 2021. Uyu mukozi wo mu rugo w’umukobwa yahise agira umujinya ahitamo gufata umwana amuha uburozi bwa Acide arapfa mu kwiyishyura nk’uko amakuru abivuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu benshi baguye mu kantu bumvise iby’uyu mugabo umaze kuryamana n’inkumi 3000.

Ibyo aba bakobwa b’ibizungerezi bakoreye mu birori birarenze(Amafoto)