in

Abantu benshi baguye mu kantu bumvise iby’uyu mugabo umaze kuryamana n’inkumi 3000.

Umugabo yatumye abatari bake batangara nyuma yo kuvuga ko yaryamanye n’abagore bagera mu ibihumbi 3.

Oboy Siki usanzwe ari umukinnyi wa filimi ukomeye muri Ghana, yabwiye itangazamakuru ko amaze gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagore bagera mu bihumbi bitatu (3 000) bituma benshi bikanga.

Uyu mukinnyi wa filime muri kuwawood yatuguye benshi mubafana be ubwo yatangazaga ibyo yakoze bitewe nokuba umukinnyi ukomeye waza filime ubwo yaganiraga nitangaza makuru live kuri Radiyo Angel Fm

Uyu mukinnyi wa film muri Kumawood, yatangaje ibi mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko yishimira ko yashoboye kuryamana n’abagore benshi, atitaye ku busaza bwe.

Oboy Siki mu kigairo yagiranye na Delay mu kiganiro cye, yavuze ko umugore wese bakoranaga imibonano mpuzabitsina, yabyandikaga akaza kubihagarika ageze ku wa 2 500 ariko ko nyuma yakomeje ku buryo nyuma yabo yaryamanye n’abandi barenga 500.

Oboy Siki yavuze yeruye ko atirata cyangwa ngo ahimbe umubare w’abagore yaryamanye na bo.

Abajijwe na Delay niba koko yararyamanye n’abagore 2000 yagize ati:’’Niba uvuze 2000, simbyumva kuko barenze abo’’.

Nyuma yo kugera ku 2500, nahagaritse kubara. Ntabwo nakomeje, ariko niba ntibeshye nasambanyije abagera ku 3.000.

Uyu mugabo yavuze ko yaryamanye n’abagore batandukanye barimo n’abo bakinanaga filimi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo aba bakobwa b’amabuno Koffi Olomide yazanye bakoreye ku rubyiniro ntabwo bizibagirana (video)

Umukozi wo mu rugo yihimuye kuri nyirabuja watinze kumuhemba akorera ibya mfura mbi umwana we.