in

Umukobwa yihaye abasore bo mu Rwanda kubera ko batazi kuryoshya imibonano mpuzabitsina (Audio)

Umukobwa yihaye abasore bo mu Rwanda avuga ko batazi gukora imibonano mpuzabitsina neza kandi ko ibintu byo gutera akabariro atari ibyabo.

Mu majwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga humvukana umukobwa wifashe imajwi yo kuri WhatsApp maze akayohereza inshuti ye, muri ayo majwi humvukana uyu mukobwa avuga ko abahungu bo mu Rwanda badashoboye gukora sex (imibonano mpuzabitsina)

Uyu mukobwa akomeza anenga abasore bo mu Rwanda cyane, kubera ukuntu babihiriza abakobwa mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina, ngo hari serivise (Saking) abakobwa bakorera abahungu gusa ariko ngo abahungu bo mu Rwanda ntago bajya bayikorera abakobwa nk’uko bayibakoreye.

Uyu mukobwa wari wafashe umwanya we, akihanangiriza abasore bo mu Rwanda yavuze ko hari n’abasore batizi gusomana neza nk’uko bikwiye. Asoza asaba ko abahungu bo mu Rwanda bahabwa amahugurwa kubijyanye n’ukuntu waryohereza umukobwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Umva ayo majwi

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Umwangavu w’imyaka 17 yaburiwe irengero bamusanga yararanye n’abasore muri Hoteli

Umusore utikoraho yagiye guterera ivi umukobwa yitwaza kajugujugu(amafoto)

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO