in ,

Umukobwa yaguye mu kantu nyuma yuko abasore batanu atendeka baziye rimwe mu birori bye byo kwizihiza isabukuru y’amavuko/Reba amashusho

Abantu baguye mu kantu mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umukobwa ukiri muto nyuma yuko abagabo bivugwa ko bakundana nawe bagaragaye iwe.

Bivugwa ko yari afite abasore bakundana bagera kuri batanu kandi bose bakaba bataziranye, ku munsi w’isabukuru y’amavuko y’umukobwa, aba basore bose bazanye impano.

Buri wese yerekanaga ifoto y’umukobwa wari wagize isabukuru, ariko, akavuyo katangiye igihe byagaragaye ko uyu mukobwa akundana n’abo bagabo bose.

Amafoto abasore bari baje bitwaje nk’impano yaje kwangizwa maze abagabo bose batangira guterana amagambo mbere yo gusohoka bagasiga umukobwa wenyine.

Reba amashusho:

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye ubwoba : Umwana muto w’imyaka 17 ugenda uhinduka bidasanzwe

Arthur Nkusi n’umugore we ni bamwe mu bitabiriye ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umwana wa Sandrine Isheja Butera (Amafoto)