in

YEGOKOYEGOKO

Umukobwa w’umwangavu yateraguwe icyuma na nyina nyuma yo kumufata aryamanye na musaza we.

Umukobwa w’imyaka 19 utuye Awoshie muri Accra muri Ghana yatewe icyuma inshuro nyinshi na musaza we na nyina nyuma yo kubafata bari mu buriri bari mu biteye isoni.

Nk’uko tubikesha Angelonline.com.gh, uyu mugore w’imyaka 42 n’umuhungu we w’imyaka 18 batawe muri yombi bashinjwa kugirana umubano udasanzwe.

Iki kinyamakuru kivuga ko uwahohotewe uzwi ku izina rya Akos (atari izina rye bwite) yavuze ibyamubaye byabaye kuwa gatatu, tariki 24 Ugushyingo 2021.

Yatangaje ko yasanze nyina umubyara na musaza we mu cyumba kimwe bose basangiye bashaka gukora ibikorwa byubusambanyi.

Yakomeje agaragaza ko umubano wa nyina na musaza we muto ukomeje kuva kera, ndetse bikaba byaratumye se atandukana na nyina.

Akos akomeza avuga ko igihe icyo ari cyo cyose nyina yasuraga umugabo, musaza we yararakaraga, ibintu bikaba byaramuteye guhohotera nyina.

Muri icyo kiganiro yavuze ko nyina na musaza we bagambiriye kumwica kuko akomeje kubangamira urukundo rwabo rudasanzwe.

Ku bwe, yabyutse abona uyu mugore numuhungu we baryamanye maze batangira kumutera ibyuma bashaka kumwica

Yongeyeho ko nyirasenge ari we wamujyanye mu bitaro kugira ngo avuzwe. Kuri ubu uyu mugore numuhungu we bahise batabwa muri yombi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda : umugeni yitabye Imana ku munsi w’ubukwe bwe.

Reba uko bigendekera umuntu uhora unywa inzoga ||igihombo ku batazinywa.