in

Umukobwa w’indaya ruharwa yahishuye ubugome bukabije yakoreye abagabo b’abaherwe.

Umukobwa ukora uburaya yagize nk’umwuga yahishuye uburyo yahemukiraga abagabo b’abaherwe ,maze akabahindura abakene yabigambiriye.Uyu mukobwa witwa Angel wo muri Nigeria yatunguye benshi yerekana uburyo hari abagabo bahindutse abakene ku bwende kandi akaba ari ikintu yari agambiriye kugeraho.

Ibitangazamakuru bitandukanye birimo nka Naija, Gossip, bivuga ko uyu mukobwa uzwi muri Nigeria dore ko aba ari mu biganiro bya Televiziyo bizwi cyane, aherutse gutangaza ku rukuta rwe rwa Twitter ko abakire benshi yaryamanye nabo bahindutse abakene kubera we. Ibi bishobora guhita bigusigira isomo ry’ubuzima mu gihe waba ufite agatima karehareba mu gushurashura ushaka guha amafaranga abakobwa n’abagore ngo muryamane. Ibi uramutse utabihagaritse, wahinduka umukene.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mukobwa uhenze cyane ,inkwano yakowe ntizapfa kubonwa n’ubonetse wese.

Mutsinzi Ange Jimmy yerekeje mu igeragezwa mu Bubiligi (Amafoto)