in

Umukobwa watwitse diplome ye kubera kubura akazi, bamuhanishije kuzaba umukene iteka kereka niyirwanaho

Benshi bakunze kwiga ndetse n’ubwo baba bavuga ko ari kwiga gusa nta kazi babona dore ko hari n’abarangije bakabura akazi Kandi ntako batagize ngo bige.

Umukobwa witwa Bridget Thapwile Soko ukomoka muri Malawi yakoze agashya ubwo yafataga impamyabumenyi ye y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza ayitwikira ku karubanda yemeza ko ntacyo imumariye

Exploits University yo mu mujyi wa Lilongwe, yahise itesha agaciro impamyabumenyi uyu mukobwa yari yahawe nyuma yo kurangiza icyiciro cya kabiri kaminuza mu bijyanye na Business Administration.

Iyi kaminuza yasohoye itangazo ryamagana igikorwa uno mukobwa yakoze ndetse bahita bamuhanisha ko impamyabumenyi ye iteshwa agaciro.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mukecuru Mukanemeye uzwi nka Mama Mukura asekeje benshi agize ati “ka Rayon Sports nkunda kunyara hejuru”(Videwo)

M Irene ahishuye byinshi hagati y’umubano we Phil Peter