in ,

Umukobwa uteye neza kurusha abandi ku isi yashyize ahagaragara amafoto yahungabanyije Internet

Demi Rose wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’umuraperi Tyga muri 2016, akomeje kugenda ashyira ahagaragara amafoto atuma benshi bashimangira ko ariwe mukobwa uteye neza ku isi.

Uyu mukobwa w’umwongerezakazi akaba yashyize ahagaragara amafoto aherutse gukorera ikinyamakuru ISAWITFIRST ari ahitwa Ibiza mu gihugu cya Espagne. Gusa aya mafoto akaba yaciye ibintu ku binyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku isi.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

World Cup: Umukobwa w’ikizungerezi yikuyemo imyenda yishimira igitego

Messi na Maradonna baraye barira ayo kwarira nyuma yo gutsindwa na Croatia 3 ku busa