in

Umukobwa usa nka Shaddyboo yadutangaje| Bamubwira ko ari mwiza| Avuze ku by’urukundo rwe (Amafoto)

Umukobwa witwa Kethina Chelsea usa nka Shaddyboo yavuze byinshi ku buzima bwe asobanurs uko we na bagenzi be bahisemo gukorana na Bahavu Jannet n’umugabo we n’ibindi. Ni mu kiganiro Kethina yagiranye n’imwe muri Televiziyo zikorera kuri YouTube.

Nkuko Kethina yabitangaje, yavuze ko we na bagenzi be bakorana muri Sina House bahisemo gukorana na Bahavu Janet n’umugabo we, Fleury, kubera ko ari abantu bazwi cyane ndetse bazwi n’ingeri zitandukanye z’abantu bityo akaba ari bo babonye bazabafasha kwamamaza ibikorwa byabo bikagera kure.

Kethina yabwiye n’umunyamakuru wamukoreshaga ikiganiro ko ari mwiza maze nawe yikiriza ashimira gusa amubwira ko we atari abizi ko ari mwiza ariko inshuti nshya bahura n’abantu bashya bajya bahura nawe barabimubwira ko ari mwiza.

Kethina ukiri muto akaba asa neza nka Shaddyboo, yavuze uko ahagaze mu rukundo aho yavuze ko kuri ubu nta musore afite barimo guteretana gusa avuga ko impamvu atamufite ari ubushake bwe ndetse avuga ko nta na gahunda afite yo kumushaka.

Amwe mu mafoto ya Kethina usa nka Shaddyboo:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abiganjemo abasore basaze babonye amafoto Miss Umutesi Denise yashyize kuri instagram

Ibyo Polisi y’U Rwanda yabwiye abanyeshuri biyandikishije gukora n’abibuze ku rutonde rw’abashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga