in

Umukinnyi yahawe amafaranga menshi abandi bakinnyi ba Rayon Sports barumirwa

Umukinnyi yahawe amafaranga menshi abandi bakinnyi ba Rayon Sports barumirwa

Nyuma y’umukino Ikipe ya Rayon Sports yakinnye na Etoile De L’EST, rutahizamu Joachim Ojera yahawe amafaranga menshi n’abafana abandi bakinnyi barumirwa.

Joachim Ojera nyuma yo kugaruka mu Ikipe ya Rayon Sports uyu mwaka nyuma yo kurangiza amasezerano yari afite muri iyi kipe, abafana bakomeje kumwereka urukundo rudasanzwe nyuma yo kuba baratanze Million 25 kugirango agurwe avuye muri URA FC.

Muri uyu mukino ikipe ya Rayon Sports yatsinze ibitego 2-1, Joachiam Ojera yatanze umupira uvamo igitego cya kabiri gitsindwa na Moussa Essenu ariko yari yakoze byinshi mu kibuga abafana baramwishimira nkuko bisanzwe cyane bamuha amafaranga.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iraguha Hadji wavuzweho gufatana mu mashati n’umutoza we Yamen Zelfani yavuze uko byagenze ndetse anavuga ibyo abantu batari bazi

Da Black ari mu gahinda ko kubura uwo akunda by’agahebuzo – RIP