in

Umukinnyi w’umunyamahanga wa APR FC Charles Bienvenue Bindjeme yasezeranyije umukinnyi w’umunyarwanda ikintu gikomeye agomba kumukorera akazamwibuka ubuzima bwe bwose

Umukinnyi w’umunyamahanga wa APR FC Charles Bienvenue Bindjeme yasezeranyije umukinnyi w’umunyarwanda ikintu gikomeye agomba kumukorera akazamwibuka ubuzima bwe bwose

Ikipe ya APR FC yazanye abakinnyi b’abanyamahanga uyu mwaka w’imikino ariko aba bakinnyi abanyarwanda bari basanzwe bakina muri iyi kipe bakomeje kubagiriraho umugisha ukomeye.

Muri aba bakinnyi bameze igihe gito baguzwe n’ikipe ya APR FC, myugariro Charles Bienvenue Bindjeme niwe bivugwa ko akunzwe n’abakinnyi b’abanyarwanda cyane kubera ibyo agenda abakorera. Muri abo bakinnyi harimo Kwitonda Alain Bacca ngo ni inshuti ikomeye y’uyu mukinnyi ukomoka hanze y’u Rwanda.

YEGOB twamenye ko muri uyu mubano Bacca afitemanye na Bindjeme, ngo uyu munyamahanga yasezeranyije uyu mukinnyi w’umunyarwanda ko naramuka abonye ikipe hanze y’u Rwanda asinyira ngo niwe mukinnyi wa mbere azaranga kugirango aze bakinane kuko ngo yabonye ari umwana ufite ubuhanga budasanzwe.

Binavugwa ko Charles Bienvenue Bindjeme ngo yaguriye inkweto zo gukinisha Kwitonda Alain Bacca zihagaze Ibihumbi 250 by’amanyarwanda mu gihe abenshi izihenze gutya batajya bapfa kuzigura.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ngewe Rayon Sport nayitoza” Mu magambo atavuzweho rumwe na bose Miggi yavuze uburyo yatoza Rayon Sport

Bahise banga gukina: Abakinnyi b’ikipe y’igihugu yakinaga n’u Bubiligi bashaka itike yo gukina Euro 2024 banze gukomeza gukina ubwo bumvaga inkuru y’inca mugongo