in

Umukinnyi w’imyaka 26 wakiniraga AS Kigali yitabye Imana aguye mu kibuga

Myugariro wa AS Kigali, Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya yitabye Imana nyuma yo kugwa mu kibuga agonganye n’umunyezamu.

Amakuru atugeraho avuga ko Mukonya yagonganye n’umunyezamu ubwo yari mu myitozo y’abakinnyi bakanyujijeho ‘Abavetera’, ahita amira ururimi .

Yahise ajyanwa kwa muganga, agezwayo yashizemo umwuka. Mukonya w’imyaka 26 yakiniraga AS Kigali yagiyemo avuye muri Kiyovu Sports.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Buteye ikiniga cy’ibyishimo! Umuhanzi Butera Knowless yatanze ubuhamya bw’uburyo yakuriye mu buzima bugoye ari imfubyi akazajya arara aririmba mu kazu gato mukuru we yabaga yamusizemo wenyine

Mu mwambaro w’ubururu n’umweru, Omborenga Fitina yakoze imyitozo ya mbere mu Nzove – AMAFOTO