in

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu kibuga hagati washakwaga na Rayon Sports, yayiteye uw’inka maze yigumira aho yakinaga

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu kibuga hagati washakwaga na Rayon Sports, yayiteye uw’inka maze yigumira aho yakinaga.

Umukinnyi wo mu kibuga hagati w’Amavubi Nsabimana Eric ‘Zidane’ agiye kongera amasezerano muri Police FC.

Arasinya amasezerano mashya aho azamara imyaka 2.

Bivugwa ko azahabwa Recruitments ya miliyoni 10, ndetse kandi n’umushahara yongejwe ava kuri 600k Frw ajya kuri 800 Frw.

Aya masezerano afite agaciro ka Million 29.200000 Rwf mu myaka 2.

Uyu umukinnyi kandi akaba akomeze gushakishwa cyane n’ikipe ya Rayon Sports gusa we yahisemo Police Fc.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Wowe uri kunyiyemeraho uyu munsi ejo bundi ntabwo arahawe” Bamenya noneho yaje yarakaye asomera abamwiyemeraho bose (video)

Manchester United yahaye isomo rya ruhago ikipe ya Chelsea FC ikatisha itike yo gukina igikombe kiruta ibindi ku mugabane w’i Burayi