in

Umukinnyi wari ukomeye hano mu Rwanda asezeye ku mupira afite imyaka 27 gusa

Myugariro Rwigema Yves yasezeye ku gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga.

Rwigema avuga yatangiye gukina afite imyaka 15, awusoje afite imyaka 27.

Uyu musore yakiniye ikipe zikomeye hano mu Rwanda harimo APR FC,  Gicumbi FC, Miroplast, Marine na Rayon Sports.

Yanakiniye ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi mu cyiciro cy’abakiri bato, Ntabwo yagize amahirwe yo gukinira ikipe nkuru.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya abantu bajya muri Gym babonera yo byinshi: Isimbi Noeline umenyerewe ho amafoto agaragaza imiterere ye yageze muri Gym aho abantu batamubona yerekana umubyimba we mu twenda twumukara yari yambaye (AMAFOTO)

Benshi babifataga nk’imikino: Ibya The Ben na Bruce Melodie bihinduye isura