in

Liverpool umukinnyi yatewe ibibiriti

Ubwo umukino ikipe ya Liverpool yari gukina na benifica warangiraga umwe mubakinnyi ba Liverpool yatewe ibibiriti.

Andy Robertson ubwo yaterwaga ibibiriti na bafana ya batangarije ko bashobora kuza kubura ibyo bacanisha mugihe baba bashatse kunwa itabi.

Ibi rero bika byabaye nyuma Y’umukino ikipe ya Liverpool yatsindagamo Benifica ibitego 3:1 aka ariho batereye uyu mukinnyi ibibiriti.

Bigatuma Robertson agira ati”ko munteye ibibiritise ni mukenera kunwa itabi murakoresha iki mushobora kuza kubura icyo mukoresha rwose mugihe muraba mukeneye kunwa itabi”

 

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pasiteri yasenye urusengero kubera ibyo umugore we yamukoreye

Umwana w’imyaka 2 yishe mushiki we