in

Umukinnyi wa APR FC yarwaye indwara yo kwiruka asimbuzwa igitaraganya kugirango adasebera mu kibuga

Nyuma y’umukino, umutoza wa APR FC, Umufaransa Thierry Froger yavuze ko yagize ikibazo cyo kurwara mu nda, akazajya achibwamo “Diarrhea” ari yo mpamvu yavuyemo.

Ati “Twakoze impinduka kubera ko Yunusu [Nshimiyimana] yarwaye mu nda yagize ikibazo cyo gucibwamo ’Diarrhea’ biba ngombwa ko avamo.”

Ku bw’umutoza Thierry Froger, uyu mukinnyi amufata nk’umwe mu bakinnyi be ngenderwaho nubwo abantu batabibona kimwe na we, byitezwe ko no ku mukino wa Rayon Sports uzaba tariki ya 29 Ukwakira 2023 azabanza mu kibuga.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Myugariro ngenderwaho mu ikipe ya APR FC yarwaye mu nda bituma umutoza afata icyemezo cyihuse

Turara ku buriri bumwe kandi twese turanyurwa” Francine yasobanuye uburyo yashatse abagabo babiri kandi bose bakaba barara ku buriri bumwe – Amafoto