in ,

Umukinnyi ukomeye cyane ushakishwa na FC Barcelone ayiciye nyuma asaba Real Madrid IKINTU kimwe gusa ubundi agahita ayisinyira

Mu gihe ikipe ya FC Barcelone ishaka gusimbura umusore wayo Ousmane Dembele wavunitse uzagaruka umwaka utaha bikamusaba indi minsi yo kugaruka muri forme neza kandi ari igihe amakipe akomeye aba agomba kuba akomeye cyane,Antoine Griezmann wa Atletico Madrid niwe Barca iri kuvugisha ndetse amakuru atangazwa na Marca yemeza ko biri mu nzira nziza.Image result for antoine griezmann

Ikipe ya Atletico Madrid imaze igihe yarahanwe kutagura abakinnyi igihano kizarangira muri uku kwa mbere,ariyo mpamvu na Griezmann nta kipe yagiyemo nyamara yarifuzwaga n’amakipe menshi.

Amakuru akomeza atangazwa na Marca yemeza neza ko uyu musore yaca inyuma Barca akaguma mu mujyi wa Madrid ariko akajya muri bakeba Real Madrid gusa akajyayo afite icyizere cyinshi cyane cy’uko azabanza mu kibuga.Florentino Perez akaba ndetse yatangiye gupanga kugurisha umusore Gareth Bale akenshi uba wavunitse bityo agasimbuzwa Antoine Griezmann.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ifoto ya Karekezi Olivier asomana n’umufasha we ikomeje guca ibintu

Ukuntu Anita Pendo asigaye ateye nyuma yo kwibaruka byavugishije abantu nyuma yo gushyira hanze ifoto ibigaragaza bwa mbere kuva yabyara