in ,

Umukinnyi Emery bayisenge yivuruguse mu byondo abantu barahurura (video)

Emery Bayisenge wahoza akinira ikipe ya APR FC hano mu Rwanda ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi ku munsi w’ejo ubu ukinira ikipe ya Moroccan club KAC Kénitra yo mu gihugu cya Maroc, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yerekanye amashusho ye na bagenzi be barimo kwivuruguta mu byondo.

Nkuko bigaragara muri aya mashusho Emery Bayisenge ndetse na bagenzi be bari barimo bivuruguta mu byondo bigaragara ko yari nk’umukino barimo. Nubwo amashusho abigaragaza nk’umukino ariko imbaga nyamwinshi y’abari hafi aho bahururiye aba basore baza kureba ibyo barimo ndetse abenshi baranabitangarira cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire ubutumwa bukomeye Sergio Ramos yahaye mugenzi we Cristiano Ronaldo

Mu mafoto reba imyambarire mishya ya Jennifer Lopez ari kumwe n’umukunzi we