in

NdabikunzeNdabikunze

Umukinnyi Amavubi yari ategereje kugirango ajye atsinda amakipe akomeye yabonetse

Umukinnnyi Rafael York ufite inkomoko mu Rwanda akaba kuri ubu akina mu ikipe yo mu gihugu cya Sweden, yamaze kubona indangamuntu. Nkuk amashusho yagiye hanze abigaragaza, Rafael York yishimiye cyane kubona indangamuntu y’U Rwanda ndetse yararimo ayereka bagenzi be barimo Yannick Mukunzi bigaragara ko yishimye cyane.

Kuba Rafael York yabonye indangamuntu y’U Rwanda ariko ntibihita bimuha uburenganzira bwo gukinira Amavubi Ahubwo ubu FERWAFA  yatangiye Process na federation ya Sweden kuko yakiniye ingimbi zaho..

Byitezwe ko Rafael York natangira gukinira Amavubi azazana impinduka zikomeye muri iyi kipe zijyanye cyane cyane n’ubusatirizi.

Rafael York

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi kuri wa musore wiyahuye ahanutse kuri etaje.

Bahavu Janet yasabye abafana be kumusengera