in

Umujejetafaranga Jay Z arifuza kugura ikipe iri muri 6 zikomeye mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza

Umuhanzi Jay z wo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika arifuza kugura ikipe ya Tottenham Hotspur iri mu makipe akomeye cyane mu gihugu cy’u Bwongereza.

Uyu muhanzi arashaka kugura iyi kipe mu gihe uwaruyifite munshingano ariwe Joe Lewis hari ibirego ari kuregwa byo gucuruza forode afatanyije n’inshuti ze ndetse n’umukunzi we.

Uyu mugabo agiye guhuriza hamwe umutungo we ndetse n’uwu mugore we maze bagure iyi kipe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntamusirimu ubura akazi kandi keza! Haringingo Francis watozaga ikipe ya Rayon Sports agiye gutoza ikipe ikomeye muri Afurika y’iburazirazuba

Ifoto y’icyumweru! Ifoto y’umuherwekazi Alliah Cool ari kunywera mu gikoresho cya kinyarwanda (agacuma) iri kurebwa cyane kurusha izindi