in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umuherwe w’umubiligi yatawe muri yombi azira guha umukunzi we impano idasanzwe

Benshi hanze aha bagenda bazira umutima mwiza cyangwa kugira amarangamutima menshi ku muntu ukunda.

Nibyo byabaye ku mubiligi watwawe umutima n’umukobwa w’umunya kenya aho byarenze uwo muherwe witwa mark w’imyaka 46 agatanga akayabo nk’impano yahaye umukunzi we kuri ubu ufite imyaka 21.

Umuherwe w’umubiligi yatawe muri yombi nyuma yo gutanga amayero angana €800000 nk’impano, ku mukobwa wamutwaye umutima ako kayabo ugashyize mu manyarwanda ni million zirenga 800, byamushyize mu mazi abira kubera gutanga ako kayabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso bizakwereka ko umutima wawe udakora neza

Wari uziko isupu y’inyanya ifashe ishobora gufasha umugabo mu gutera akabariro?sobanukirwa.