in

Umuhanzikazi ukomeye uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yiyemeje kujya yambara imyambaro ikurura abagabo ngo kuko yasanze abagabo bakunda imiterere ye

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Kenya, uririrmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Nicah The Queen yatangaje ko agiye kujya yambara imyenda yerekana imiterere ye kuko yamenye ko abagabo bakunda uko ate.

Mu kiganiro yagiranye na Nairobi wire, Nicah The Queen yagize ati “Nambara muburyo bumbereye, nabonye abagabo bakunda imiterere yanjye, abenshi iyo mbanyuzeho bitegereza cyane imiterere y’ikibuno cyanjye, kuri njye ntacyo bintwaye nibyiza cyane, biranshimisha cyane kuko Imana yampaye ibyo abagabo bakunda”.

Yakomeje agira ati “Ndi umukristo wavutse ubwa kabiri kandi Umwuka Wera arakora mubuzima bwanjye… .. Imyambarire yanjye igira izihe ngaruka ku mibanire yanjye n’Imana!? Abantu bamwe bakwiye guhagarika gukora nkabarinzi b’Ijuru!?”.

Nicah The Queen avuga ko nta muntu ukwiye kugushwa n’imyambarire ye ahubwo ko bagomba kurangazwa n’ubutumwa atanga mu bihangano bye bakareka kurangazwa nibyo yambara.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abubatse kasho yo gufungiramo abanyabyaha n’inzererezi bari gutakamba kubera ibyababayeho

Nta musore usaza atabonye! I Kigali, Umusore yananiwe guhaza umukunzi we maze umukobwa afata icyemezo cyo kujya kwihaza ahandi none yagarutse no guhaza uwo musore ariko nyamusore ntabyumva