in ,

Umuhanzikazi Rihanna yagaragaye yambaye inkweto zitangaje zitari zizwi ku isi(zirebe hano)

Uko iminsi yicuma niko ibyamamare ku isi bazana udushya bigahinduka ubuzima busanzwe bwa benshi mu rubyiruko n’ababafata nk’indorerwamo,iyi nshuro umuhanzikazi Rihanna ukomoka muri Amerika yadukanye ubwoko budasanzwe bw’inkweto gusa haribazwa niba nk’ubusanzwe abenshi bazaziyoboka dore ko zigoye kuzigendera.

Uyu muhanzikazi usanzwe arangwa n’udushya,nk’uko tubikesha ibinyamakuru byo muri Amerika ngo yatunguye abenshi ubwo yacomokaga mu modoka yambaye inkweto zitangaje bamwe ndetse babanza kugira ngo yambaye umufuka wa parasitiki.

Mu rurimi rw’Icyongereza izi nkweto zitwa ‘Plastic Wrapped Pumps’ zikaba zarakozwe na  Jimmy Choo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire amagambo akomeye Miss Gisabo yongeye kubwirwa na mugenzi we babanye muri Miss Rwanda agatungura benshi

Umunyarwandakazi uteye nk’igisabo yifotoje nta mwenda w’imbere yambariyemo abasore barabya indimi karahava