in ,

Umuhanzikazi Priscillah yibasiwe n’abafana bikomeye azira imyambarire ye (amafoto)

Priscillah ni umwe mu bahanzikazi nyarwanda bakunzwe n’abantu benshi batandukanye, ibi ahanini biterwa n’indirimbo ze z’inyura amatwi ya benshi ariko nanone hari n’abakundira uburanga bwe dore ko ntawatinya kuvuga ko uyu mukobwa ari umwe mubastar nyarwanda bafite uburanga.

Kimwe mu bikwereka ko Priscillah akunzwe cyane n’umubare w’abamukurukira ku rubuga rwa Instagram aho afite abantu barenga ibihumbi 60 bamukurikira. Bamwe muri abo bamukurikira kuri Instagram bakaba rero bakomeje kugenda bamubwira ko batishimiye imyambarire ye muri iyi minsi aho bavugako idakwiye umunyaRwandakazi.

Pri1

Pri2

Dore amafoto ya Priscillah yatumye abwirwa ayo magambo:

Pri3

Pri4

Pri5

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Julias
Julias
6 years ago

Comment:nukuri Pe Arakabije

Itangazo rivuye mu ikipe ya Atletico Madrid rihangayikishije bikomeye ikipe ya Arsenal n’umutoza wayo

Urigitangaza by R Hussein