in

Umuhanzikazi Esther akoze impanuka y’imodoka yari irimo ubwo yajyaga muri gahunda ze

Umuhanzikazi Esther akoze impanuka y’imodoka yari irimo ubwo yajyaga muri gahunda ze.

Umuhanzikazi Esther Nish wo mu gihugu cy’u Burundi, yarokotse impanuka ikomeye cyane y’imodoka yari arimo.

Imodoka yari arimo, yarenze umuhanda maze igwa mu wundi muhanda aho yagushije urubavu.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu muhanzikazi yashimiye Imana byimazeyo ku bwo kurokoka iyo mpanuka.

Yagize ati: “Ibihe bibi vy’imisi mikuru ubu tubirimwo ubu, abasenga nukuri dusenge cane. Kandi tureke Imana yitwe Imana yaraye inkuye mumwobo w’urupfu nukuri abemera Imana mumfashe gushima.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa Televisiyo ugezweho mu Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we wamutwaye uruhu n’uruhande [AMAFOTO]

Utwenda tw’imbere hanze! Mu mujyi abakobwa barwanye bamburana ubusa babura ubakiza biba ngombwa ko bakizwa n’umusirikare – videwo