in , ,

Umuhanzikazi Ariel Wayz Yarakariye Bishop Gafaranga Nyuma Yuko Atangaje Ko Umukobwa Uzavamo Umugore Mwiza Arumwe Usura Umusore Agakora Amasuku Cyangwa Agateka

Umunyarwenya umenyerewe kumazina ya Bishop Gafaranga hashije iminsi atangaje ko abakobwa biyi minsi abenshi usanga biberereye mu birori barikumwe n’abasore bababyinisha nyamara igihe cyo gushaka cyagera ba basore bagasiga babakobwa bakishakira abatajya mutubari. Bishop Gafaranga agakomeza avuga ko atari ngombwa kwiyiriza no kujya mubutayu gusengera umugabo kuko siho ari ahubwo uba wamusize mu mujyi cyangwa aho utuye.

Nyuma yuko Bishop Gafaranga atangaje ibi, asa nuwerekana ko abakobwa bajya mubirori, abasore batababonamo abagore ahubwo bababonamo abanyabirori gusa batabasha kubaka, abenshi bamuteye amabuye ndetse baramurakarira bikomeye kuko mugihe tugezemo aho umugabo n’umugore bangana, hatagakwiye kuba hakiri abantu bafite imyumvire nkiyo. Gusa abandi nabo bakashyigikira Bishop Gafaranga bemezako nta mwari wi Rwanda waraye mutubari.

Benshi ntibemeranya na Bishop Gafaranga

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Ingabire Grace yigishije mugenzi we wa Cameroon kubyina (video)

Abasore b’i Kigali bacitse ururondogoro kubera Miss Mwiseneza Josiane